Tubane N' Umwami
[1]
Tubane n' Umwami, Twumvir' ijambo rye;
Atujyana mu nziranziza,
Tumwumviye rwose. Akabana natwe,
N' abamwizer' uko banana.
Gusubiramo:
Jy' umwumvira, Nta kandi gakiza,
KeretseYesu gusa; Mwizigire rwose.
[2]
Ntihakingirizwa, Nta gicu gikuba,
Byeyurwa no kumwenyurakwe.
Nta shiti n' ubwoba, Bona n' igishyika,
Bimarwa nuko tumwizeye.
[3]
Nta kitubabaza, Nta shavu tugira;
Ni w' uduhembur' imbuzose;
Nta bworo n' isari, Nta n' umubabaro;
Tuzahirwa ni tumwizera.
[4]
Ntabwo twiyungura, Kugir' ibyishimo,
Kugeza ko tureka byose,
Kubw' imbabazi ze; Impan' ajy' atanga,
N' ingororano z' abizeye.
[5]
Tuzajya twishima, Turi kumwe na we.
Tuzagendana na w' iteka,
Tumwumvire rwose; Azajy' adutuma,
Nta cyo tuzaba tugitinya.
Support Mysongbooks
Support us by joining the Buy Me A Coffee community and making a small donation, you can help us expand our library and ensure that music lovers everywhere can enjoy their favorite songs to the fullest. We're passionate about music, and we know you are too, so let's work together to keep the music alive.
Thank you for being a part of our community and supporting our mission to provide the best lyrics library on the internet.